Kicukiro: COPEDU Plc yifatanyije n’abaturage mu muganda, inishyurira imiryango 700 ubwisungane mu kwivuza

Ni igikorwa COPEDU Plc yakoze kuri uyu wa 31 Kanama 2024, ubwo abaturage mu bice bitandukanye by’igihugu babyukiraga mu muganda rusange. Abishyuriwe ubwisungane mu kwivuza, batoranyijwe hangedewe ku kureba ku miryango y’amikoro make, ifite abantu bari hejuru ya bane, hanitabwa ku miryango iyobowe n’abagore. Umuyobozi Ushinzwe Ubucuruzi muri COPEDU Plc, Uwingabire Solange yavuze ko bijyanye […]
COPEDU Plc imaze gutanga miliyari 3 Frw z’inguzanyo zishingiwe ingwate ku bagore b’amikoro make

Ikigo cy’imari cya COPEDU Plc cyatangaje ko ubu binyuze mu nguzanyo ya ‘Igire Mugore’ yo guteza imbere abari n’abategarugori b’amikoro make nta ngwate y’umutungo utimukanwa basabwe, abari n’abategarugori 1562 bahawe miliyari zirenga 3 Frw zishingiwe ingwate. Ni imibare yatangajwe ku wa 23 Kanama 2024 ubwo COPEDU Plc yari mu gikorwa cyo guhugura abagore ku ikoreshwa […]
Inguzanyo umukiliya ashobora guhabwa yageze kuri miliyoni 500Frw: Uruhisho rwa COPEDU PLC muri ‘Expo2024

Ikigo cy’Imari cya COPEDU PLC cyatangaje ko ubu umukiliya umwe ashobora kubona inguzanyo y’agera kuri miliyoni 500 Frw, ibigaragaza intambwe iki kigo kimaze gutera mu bijyanye na serivisi z’imari mu Rwanda. Zimwe mu ntego zirambye z’iki kigo ni ukuba banki y’abagore y’icyitegererezo muri Afurika. Gutanga serivisi zorohereza abagore kwigira mu buryo bw’imari binyuze mu kubona […]
COPEDU Plc yungutse agera kuri Miliyari 2,3 Frw mu 2023

Ikigo cy’imari cya COPEDU Plc cyatangaje ko mu 2023 cyungutse arenga miliyari 2,3 Frw avuye kuri miliyari 2,1 Frw cyungutse mu 2022 kiyemeza gukomeza gukorera mu mucyo. Ni inyungu yatangajwe kuri uyu wa 30 Kamena 2023 mu Nteko Rusange Ngarukamwaka ya COPEDU Plc yateraniye i Kigali. Muri iyi nama abanyamigabane bagaragarijwe uburyo iki kigo cy’imari […]
COPEDU PLC yakanguriye abakiliya bayo gukoresha serivisi z’ikoranabuhanga

Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi, Uwingabire Solange, yagarutse kuri serivisi z’inguzanyo yerekana ibanga umukiriya yakoresha akagenda azamuka mu bucuruzi akoresheje inguzanyo. Ati’’Umukiliya ashobora guhera ku nguzanyo isanzwe akoresha mu bucurizi, ndetse akagira decovert iyunganira aho biri ngombwa, mu gihe ufite ibicurizwa muri gasutamo bigakorwa n’ umurabyo uratinda uboneka mu minsi itatu uru rugendo rwose uko ugenda uzamuka […]



